INKURU ZIHERUKA

Abafana ba APR FC bagiye kuzana imifanire yo ku rwego rwo hejuru

Uyu ni umwe mu myanzuro yavuye mu nama yahuje abagize komite y’Umujyi wa Kigali y’abafana ba APR FC yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Mata 2024 kuri Tennis Club i Nyarutarama. Iyi nama yari iyobowe na Kazungu Edmond ukuriye abafana ba APR FC...

Agahinda ku maso y’abafana ba Rayon Sports nyuma yo gutsindwa na Bugesera...

Rayon Sports yatsinzwe na Bugesera FC 1-0 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro, abafana batahana agahinda kenshi ndetse banga gukomera amashyi abakinnyi. Rayon Sports yari yakiriye Bugesera FC mu mukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe...

Peace Cup:AS Kigali WFC yatsinze Rayon Sports WFC (AMAFOTO)

Mu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo, kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Mata 2024, ikipe ya AS Kigali y’abagore yatsinze Rayon Sports y’abagore igitego 1-0 mu mukino ubanza wa ½ cy’Igikombe cy’Amahoro. Mbere yo gutangira uyu mukino...

Hitimana Thierry yagizwe umutoza w’ikipe y’abasirikare barinda Perezida Kagame...

Umutoza mpuzamahanga Hitimana Thierry yamaze kugirwa umutoza mukuru w’ikipe y’Abarinda umutekano wa Perezida Paul Kagame n’abandi bayobozi bakuru b’igihugu ’Republican Guard Rwanda’ (RG) ikomeje kwitegura irushanwa rya gisirikare ry’igikombe cyo...

AS Kigali yabujije APR FC kurara yegukanye igikombe (AMAFOTO)

Ibitego 2 bya AS Kigali byatsinzwe na Ishimwe Fiston na Benedata Janvier bahoze bakinira APR FC, byatumye umukino wahuzaga aya makipe urangira ari 2-2 maze ikipe y’Ingabo z’Igihugu ntiyayitwariraho igikombe. APR FC yatsinze AS Kigali 2-1 maze...

AMAFOTO 600:Kumwunamira, irushanwa ryamwitiriwe,...ibyaranze kwibuka Dr Emma uri...

Kuri iki cyumweru tariki 14 Mata 2024 abafana bagize itsinda rifana Arsenal ryo mu Rwanda (Rwanda Arsenal Fans Community) bibutse ku nshuro ya kabiri Dr Emmanuel Hafashimana uri mu bashinze iri tsinda. Ni umuhango wahereye ku irimbi rya...

Polisi yafashe amabalo 60 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu buryo bwa...

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU), Ku cyumweru tariki ya 15 Mata, yafatiye mu bikorwa bitandukanye mu turere twa Nyabihu na Gicumbi, amabalo 60 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu. Mu...

Ibyakwereka ko umubiri wawe ufite umwuma ukabije

Gutakaza amazi mu mubiri n’imyunyu ngugu bituma umubiri ukora nabi. Iyo ubuze amazi mu mubiri wawe hari ibimenyetso mpuruza bikwereka ko ukwiriye vuba na bwangu kwihutira kuyihata ari nabyo tugiye kurebera hamwe muri iyi nkuru. Icya mbere ugomba...

Impamvu 6 abantu bakuvugaho ibihuha

Wari wagera mu gihe abantu bakuvugaho ibihuha, bagakora uko bashoboye ngo abandi bizere ko bavugisha ukuri? Ndakeka warigeze kuba mu gihe nk’icyo, aho abantu bavuze ko hari ibyo wavuze kandi ubeshyerwa. Bijya bibaho ko abantu bavuga kandi...

Abafana ba Arsenal bibutse Dr Emmanuel uri mu bashinze Rwanda Arsenal Fans...

Kuri iki cyumweru tariki 14 Mata 2024 abafana bagize itsinda rifana Arsenal ryo mu Rwanda (Rwanda Arsenal Fans Community) bibutse ku nshuro ya kabiri Dr Emmanuel Hafashimana uri mu bashinze iri tsinda. Ni umuhango wahereye ku irimbi rya...

IMIKINO

IMYIDAGADURO

Impagarara nyuma y’uko umunya Ukraine atowe nka Miss w’Ubuyapani

"Imbogamizi zishingiye ku ruhu, zabaye ingorabahizi ku kwemerwa nk’Umuyapani." Uko ni ko Carolina Shiino yavuze ari kurira mu magambo y’Ikiyapani cyiza nyuma yo kwambikwa ikamba rya Nyampinga w’Ubuyapani [Miss Japan] ku wa Mbere. Umunyamideli...

Bruce Melodie, Ariel Wayz, Chriss Eazy, Kenny Sol na Bwiza bashimiwe...

Abahanzi nyarwanda barimo Ariel Wayz, Chriss Eazy, Bruce Melodie, Kenny Sol na Bwiza bashimiwe mu birori byebereye i Kigali kuba baratoranijwe mu bazavamo abahabwa ibihembo mu birori by’iserukiramuco rya Trace Awards& Festival biteganijwe...

Ibihembo bya Trace Awards &Festival bigiye gutangirwa mu Rwanda...

Mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 Televiziyo ya Trace imaze ibayeho ikanaba ku isonga mu guteza imbere umuziki by’umwihariko uwo muri Afurika, Trace irateganya gutangiza ku mugaragaro ibirori bya Trace Awards & Festival bizabera i...

Agahinda k’abafana ba muzika kubera inkuru yo gutandukana kwa Sauti...

Itsinda rya Sauti Sol ryo muri Kenya ryatangaje ko rigiye gukora ibitaramo bya nyuma mbere y’uko ritandukana “kugeza igihe kitazwi”, inkuru benshi bagaragaje ko ibababaje cyane. Iri ni itsinda rya muzika rikomeye kandi rizwi cyane mu karere rimaze...

Umugore wa kabiri mu rubanza rwa Trump

Urubanza ruregwamo Donald Trump rushingiye ku kwishyura Stormy Daniels, umugore wahoze ari umukinnyi wa pornography. Gusa abashinjacyaha banakomoje ku wundi mugore. Inyandiko z’urukiko zivuga ko hari ubwishyu bwakorewe Trump ku “mugore 1” – uwo...

Justin Bieber yagurishije uburenganzira ku ndirimbo kuri miliyoni...

Justin Bieber yagurishije imigabane ku burenganzira kuri muzika ye na kompanyi yitwa Hipgnosis Songs Capital kuri miliyoni $200. Iyi kompanyi ubu nayo ifite imigabane ku ndirimbo z’uyu muhanzi zirimo n’izakunzwe cyane za vuba aha – nka "Baby" na...

Ahari Kubakwa Wakanda ya Akon Ubu Hararagirwa Ihene, Icyizere ku Nzozi z’Ifaranga...

Umuririmbyi rurangiranwa w’injyana ya RnB Akon avuga ko imigambi ye yakerejwe cyane- umujyi wa Afurika ku nkengero z’inyanja muri Senegal- ikomeje kugenda neza ku kigero cya 100.000%. Nubwo ihene ubu ari zo zirirwa zirisha ibihehe n’ibishikashike...

Kuki Ingimbi n’Abangavu B’Ubu Batari Uko Bahoze Kera?

Umuntu aravuka akaba umwana hanyuma agakura akaba umuntu mukuru hagati aho habaho ikindi cyiciro cy’abantu babaho mu gushayisha, mu buzima butari ku murongo na gato kandi bahora mu kajagari, akavuyo na rwaserera mu mitwe yabo. Reka twifashishije...

Iduka ryagutse, imyambaro igezweho...Ni IBISHYA GUSA MURI GOGO FASHION...

Nyuma y’uko abagana Gogo Fashion Boutique bakomeje kuba benshi ndetse bagashima serivisi bahabwa, kuri ubu iri duka ricuruza imyambaro igezweho ryamaze kwagurwa ndetse bongeramo ibindi bishya bigezweho. Gogo Fashion Boutique iherereye mu Mujyi...

R’Bonney Gabriel niwe watsindiye kuba Miss Universe 2022

R’Bonney Gabriel wabaye Miss USA 2021 niwe wegukanye irushanwa rya Miss Universe 2022 mu ijoro ryo kuwa gatandatu. Yashyikirijwe ikamba na Harnaaz Kaur Sandhu wo mu Buhinde wari wegukanye irya 2021. Abakobwa b’uburanga b’ahatandukanye ku isi bari...

UBUZIMA

AMAKURU YO MU RWANDA

AMAKURU YO MU MAHANGA

Putin yari he ubwo impanuka yishe Yevgev Prigozhin yabaga?

Ubwo hasohokaga inkuru z’impanuka y’indege bitekerezwa ko yishe umukuru w’umutwe w’abasirikare b’abacanshuro wa Wagner Yevgeny Prigozhin, Perezida w’Uburusiya yagezaga ijambo ku bitabiriye ibirori byizihizaga imyaka 80 Uburusiya bumaze butsinze...

Trump azitaba urukiko ku birego by’inyandiko z’ibanga

Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yarezwe ibyaha bijyanye n’uko yafashe inyandiko z’ibanga rya leta nyuma yo kuva muri Maison Blanche/White House. Trump w’imyaka 76, araregwa ibyaha birindwi birimo gufatira inyandiko z’ibanga, nk’uko...

Intambara n’Amerika yaba ’ibyago bitihanganirwa’ – Minisitiri w’ingabo...

Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara n’Amerika yaba "ibyago bitihanganirwa" ku isi, mu ijambo rye rya mbere rikomeye avuze kuva yagera kuri uyu mwanya. Mu nama ku mutekano, Jenerali Li Shangfu yavuze ko "ibihugu bimwe" birimo gukaza...

’Mayor’ wa Moscow avuga ko igitero cya drone cyangije inyubako

Uburusiya bwashinje Ukraine kugaba urukurikirane rw’ibitero by’indege nto zitarimo umupilote (drone) ku murwa mukuru Moscow mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri. Ni ubwa mbere uwo mujyi wibasiwe na drone nyinshi kuva Uburusiya bwagaba igitero...

Umuyobozi yategetse ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni yatayemo...

Umuyobozi mu gihugu cy’Ubuhinde yirukanwe ku kazi nyuma yo gutegeka ko bakamya ikidamu cyose ngo bakuremo telefoni ye yari yaguyemo. Byafashe iminsi itatu kudaha imiliyoni za litiro z’amazi muri iki kidamu, nyuma y’aho uyu mugabo witwa Rajesh...

Amerika igiye gutangaza ibihano bishya ku Burusiya mu nama ya G7

Amerika yizeye ko ibihano byayo bishya ku Burusiya – byitezwe gutangarizwa i Hiroshima mu Buyapani mu nama y’itsinda rya G7 ry’ibihugu bikize cyane ku isi – bituma ibindi bihugu byo muri G7 na byo byongera ibihano byabyo. Amerika ivuga ko ingamba...

IKORANABUHANGA

AMASHUSHO AKUNZWE

UMURIMO

Impamvu nyakuri utazamurwa mu ntera mu kazi

Ufite ubumenyi n’ubuhanga bwose ndetse akazi kawe ugakora neza. Ariko hari uburyo iyo batoranya abajya mu myanya yisumbuye kandi y’ubuyobozi bufata ibyemezo izina ryawe risa n’iryibagirana. Impamvu ishobora kuba itera ibi ni uko hari ikintu cya...

Read all News

Hari ubwo byagukura ku mugati: Amagambo udakwiye na rimwe kubwira umukoresha wawe

Mu kazi no mu mirimo itandukanye, twese uko tungana tuba twifuza kumerana neza n’umukoresha wacu no kumvikana na we. Kugira ngo ibi ubigereho, kugira umurongo ufunguye wo kuganira kandi dukoresha ukuri ni ikintu cya ngombwa cyane. Nyamara muri...

Mbere yo gusezera ku kazi, dore ibintu ukwiye kubanza gutekerezaho

Bitewe n’uko ikiremwamuntu gikunda kandi iterambere cyagezeho mu mateka kuva mu binyejana bishize ryagiye riva ku mpinduka, benshi mu bakora imirimo runaka usanga kenshi bafite ibitekerezo n’imigambi yo kureka kuyikora bakajya gukora itandukanye...

Kuki abakozi badashobora na rimwe kunyurwa ngo bahazwe n’imishahara yabo?

N’igihe ibyo umuntu ahemberwa gukora nk’akazi cyangwa umushahara byiyongereye ukaba wanikuba kabiri, ubanza biri muri kamere muntu gushaka gukomeza ibirenzeho kandi ko byakwiyongera, n’ejo akongera akifuza ko byiyongera. Mu mwaka ushize, Samantha...

École Francophone de Kayove ishuri ryaje nk’igisubizo ku ireme ry’uburezi mu Karere ka Rutsiro

“Niba ufite umugambi w’umwaka umwe, uzahinge umuceri, umugambi wawe niba ari uw’imyaka itanu, uzatere ibiti nyamara nuramuka ufite umugambi wumva ari uw’imyaka 100, uzigishe abana ubahe uburezi.” Ni amagambo ya Confiscus, Umushinwa w’icyatwa muri...

Nkurangire abasore n’inkumi bazagufasha serivisi na porotokole mu birori mu buryo utazibagirwa iteka

Niba warigeze gutegura ibirori nk’ubukwe cyangwa ibindi nk’igitaramo, urabizi uburyo bigora kumenya uko wakira ababyitabira bagataha banyuzwe na serivisi igomba buri wese mu cyubahiro akwiye mu buryo bukozwe kinyamwuga. Ni byo waba ufite...

Jack Ma ’agiye kwigisha muri Kaminuza y’imiyoborere iri mu Rwanda’

African Leadership University (ALU) yatangaje ko umuherwe Jack Ma washinze ikigo cy’ubucuruzi Alibaba Group yagizwe umwalimu w’umushyitsi kuri iyi kaminuza ikorera i Kigali. Urubuga rw’iyi kaminuza rusubiramo uwayishinze, Dr Fred Swaniker, avuga...